Isomwa ry’urubanza ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15, Gicurasi 2023 ribera mu cyumba cy’urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge ryanzuye ko Turahirwa Moses afungwa iminsi 30 y’agategan...
Mu Karere ka Gatsibo haravugwa abaturage biyise ‘imparata’ bikora bakajya gucukura amabuye y’agaciro ya gasegereti mu buryo budakurikije amategeko. Bamwe muri bo baherutse gufatanwa ibilo bitatu by’ay...
Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe Mine, Peteroli na gazi buvuga ko bibabaje kuba 40% by’amabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda ari yo atunganywa akanagurishwa, mu gihe 60% by’ayo yangirika. Iki kigo kivuga k...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, mine na kariyeri , cyatangije ko u Rwanda rwateganyije zahabu ihagije yo kuzagurisha abashyitsi bazitabira CHOGM bazayishak...
Agacurama ko mu bwoko abahanga mu bidukikije bakekaga ko butakiba ku isi kabonetse mu Rwanda, mu bushakashatsi bumaze igihe bukorerwa muri Pariki y’igihugu ya Nyungwe. Ako gacurama kamaze imyaka 40 ka...
Umukozi mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye ushinzwe ishami rigenzura inkomoko n’ubuziranenge by’amabuye y’agaciro witwa John Kanyangira yabwiye Taarifa ko n’ubwo ubucuruzi muri rusange...
Umuntu wese waciye mu ishyamba rya Nyungwe yarirangije yibaza igihe ari burisohokeremo akongera kubona inzu, amatungo n’ibindi bintu bisanzwe mu buzima bwa muntu. Ni ishyamba riteye ubwoba kuko urets...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rufite inshingano zo kurengera ubuzima bw’abaturage barwo, bitandukanye n’ibihugu n’imiryango bikomeje gusaba ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’ite...
Ingabo z’u Rwanda zatangaje ko kuri uyu wa Gatanu zashyikirije Guverinoma y’u Burundi abarwanyi 19, bambutse umupaka bakagera ku butaka bw’u Rwanda mu buryo butemewe n’amategek...
Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku isi n’ibiyituye, abanyeshuri biga ibinyabuzima cyane cyane ibimera bo muri Kaminuza y’u Rwanda, kuri uyu wa Gatatu basuye Pariki ya Nyungwe...









