Kare kare mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, abantu batandatu bo mu Murenge wa Miyove muri Gicumbi bafashwe na Polisi ibasanze bacukura zahabu mu buryo ivuga ko budakurikije amategeko. Abo bantu bafatan...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere, RDB, bwatashye ibikorwaremezo bigenewe abasura Pariki ya Nyungwe ikora ku Turere dutanu rw’Amajyepfo n’Uburengerazuba. Utwo ni Nyaruguru, Nyamagabe...
Ku rukuta rwe rwa X, Justin Bitana Munyazesa arishimira imyaka itandatu ishize abaye umusirikare w’Amerika. Avuga ko muri icyo gihe cyose yakoze uko ashoboye aba umusirikare mwiza warahiriye kurinda i...
Imodoka yari ijyanye i Rusizi imiti yakoreye impanuka mu ishyamba rya Nyungwe. Amakuru avuga ko iriya modoka yakoze impanuka kubera kubura feri, ishinga amazuru mu ikorosi. Ingabo z’u Rwanda zir...
Mu mpera z’Icyumweru kizarangira taliki 10, Werurwe, 2024, mu ishyamba rya Nyungwe hazabera isiganwa ku maguru ryiswe Nyungwe Marathon. Abariteguye bavuga ko nta gihembo icyo ari cyo cyose zkiz...
Minisitiri w’ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya aherutse kubwira Abasenateri ko Guverinoma y’u Rwanda ifite gahunda yo gushakisha inkende aho ziri hose mu Rwanda zigafatwa zikajyanwa muri Parik...
Umuhanga mu binyabuzima ukomoka mu Budage witwa J.Maximilian Dehling yavuze ko yavumbuye ubwoko bw’ibikeri buri mu ishyamba rya Nyungwe ryonyine ku Isi. Amaze imyaka umunani akora ubushakashatsi ku bi...
Abayobozi bo mu ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubumenyi, siyansi n’umuco, UNESCO, bemeje ko ishyamba rya Nyungwe rigiye kubungwabungwa nka kimwe mu bintu biranga umurage w’isi. Byemerejwe i...
Hari igice cy’ishyamba rya Nyungwe kireba mu Murenge wa Bweyeye muri Rusizi kibasiwe n’inkongi. Twagerageje kuvugisha umuyobozi mukuru wa Pariki ya Nyungwe witwa Protais Niyigaba ngo agire icyo abitub...
Hari ibiganiro hagati y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubumenyi, ubuhanga n’umuco, UNESCO, bigamije kwemera ko ishyamba rya Nyungwe riba kimwe ...









