Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Repubulika witwa Stéphanie Nyombayire yanenze The New York Times yahaye urubuga umunyamakuru Anjan Sundaram ngo ayinyuzemo igitekerezo gitoneka abarokotse Jenoside y...
Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu witwa Stéphanie Nyombayire avuga ko umwaka wa 2022 uzarangira u Rwanda rwatangiye gukora inkingo kandi ngo rwiteguye kuzatangira rukora inkingo miliyoni 50. Nyom...
Louise Mushikiwabo yanditse kuri Twitter ko yizeye neza ko Madamu Yolande Makolo na Stephanie Nyombayire bazakora neza akazi baraye bahawe na Perezida Kagame. Yolande Makolo yaraye agizwe Umuvugizi wa...
Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe riravuga ko Madamu Yolande Makolo yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda naho Stephanie Nyombayi...



