Inzu zimwe zo mu Karere ka Rubavu zikomeje gusaduka kubera imitingito ikomeje kuba myinshi, ishingiye ku iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo ryabaye ku wa Gatandatu. Umwe mu bamaze guhura n’iki kibazo ni...
Abaturage bagera ku 8000 baturutse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bahungiye mu Rwanda kubera ubwoba bw’ingaruka z’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo. Kugeza ubu cyacogoye, barimo gusubira iwabo....
Hari abaturage bo muri Repubulika ya Demukakarasi ya Congo baraye bahungiye mu Rwanda banga gutwikwa n’amahindure y’ikirunga Nyiragongo. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu nibwo amakuru ...
Abaturage baba mu mirenge ya Cyanzarwe na Mudende mu Karere ka Rubavu bavuga ko guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba hari ikirunga kiri kuruka. Bamwe bari babwiye RBA ko ari Nyiragongo ari...
Impungenge zikomeje kuba nyinshi ku bahanga mu bijyanye n’ibirunga, barimo kubona ibimenyetso bica amarenga ko ikirunga cya Nyiragongo cyaba kiri mu myiteguro yo kuruka. Ubwo cyaherukaga mu mwaka wa 2...




