Goma: Umuyobozi w’umujyi wa Goma witwa Faustin Kapend Kamand avuga ko ku wa Gatandatu ushize hari abantu 15 barimo n’Abanyarwanda bafatiwe mu Mujyi wa Goma bakurikiranyweho gushaka abantu bo kwinjiza ...
Mu Mujyi wa Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bafite ubwoba ko ikirunga cya Nyiragongo cyakongera kuruka kikabavana byabo. Ku wa Gatanu ,ahagana saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba, (18h30...
Abahanga mu by’ibirunga baremeza ko mu nda y’ikirunga cya Nyamuragira hari gutogotera amahindure k’uburyo abagituriye cyane cyane abatuye i Goma basabwa kuryamira amajanja. Ubukana bw’ayo mahindure bw...
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko ingabo za FARDC zashatse kwigarurira isunzu ry’imisozi ya Kanyamahoro hafi y’i Kibumba zigaba igitero ku barwanyi na M23. Iki gitero cya...
Mu Kirere cya Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo hari ikirunga kitwa Nyamuragira kiri kwerekana ibimenyetso by’uko gishobora kuruka mu gihe gito kiri imbere. Guhera kuwa Gatanu...
Akarere ka Rubavu kari mu Turere dukunze gusurwa n’abantu bava muri Kigali bagiye kuharuhukira kubera ko ari ahantu habereye ijisho kubera ikiyaga cya Kivu. Hanakoreshwa n’abacuruzi bavana ibicuruzwa ...
Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) cyagaragaje ko nyuma y’ubugenzuzi cyakoze ku mwuka wo mu karere ka Rubavu cyasanze atari mwiza, nubwo ntaho bihuriye n’Ikirunga cya Nyiragingo cyat...
Abaturage b’i Goma bafite ubwoba bw’uko Ikirunga Nyiragongo gishobora kongera kuruka vuba aha. Ubwoba bwabo buraterwa n’uko hashize iminsi bumva imitingito itaremereye cyane ariko ishobora kuba ikime...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyagobotse abacuruzi batanu bo mu Karere ka Rubavu, bagizweho ingaruka n’imitingito y’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo yangije ibicuruzwa byabo. Ni abacuru...
Abahanga mu miterere n’imikorere y’ibirunga mu mpera z’Icyumweru gishize(hari ku wa Gatandatu tariki 24, Nyakanga, 2021) basohoye itangazo ribwira abaturiye ikirunga cya Nyiragongo kugira ibyo bitwara...









