John Bosco Nyemazi uyobora Akarere ka Kayonza yabwiye Taarifa ko ubuyobozi bw’ako, ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bako, bazahemba abana bo muri Kayonza Modern School baraye babaye aba mbere mu guha...
Isuku mu Mujyi wa Kayonza irakemangwa cyane cyane mu nzu zicumbikira abashyitsi cyangwa aho bafatira amafunguro. Mu kiganiro kihariye umuyobozi w’aka karere Nyemazi yabwiye itangazamakuru iki kibazo b...
Mu Kagari ka Ruyonza mu Murenge wa Ruramira mu Karere ka Kayonza hari abaturage bavuga ko gusangira ku muheha ari kimwe mu byaranze Abanyarwanda babigira umuco bamwe baraze abandi. Nabo rero ngo ntiba...
Bosco Nyemazi uyobora Akarere ka Kayonza avuga ko burya iyo Imana ihaye umuntu ubuyobozi, hari icyo iba imutegerejeho. Ngo nta kindi kitari kuzana impinduka mu bo imuhaye kuyobora. Yabivugiye mu iseng...



