Mukasarasi utuye mu Murenge wa Remera ahitwa mu Gihogere avuga ko iyo urebye uko ibiciro bihagaze ku isoko ubona ko ibintu bikomeje uko bimeze muri iki gihe, abantu benshi bazasuhuka bakava i Kigali! ...
Mu Karere ka Nyaruguru hari kubakwa umuhanda uva i Kibeho ku Kiliziya ahigeze kubera amabonekerwa ugakomeza ku bitaro bya Munini ugakomeza ugana mu Karere ka Huye. Umuturage witwa Bikorimana yabwiye T...
Ashingiye kubyo abona nk’umwe mu bakora mu by’uburenganzira bwa muntu n’ubw’umwana by’umwihariko, Bwana Evaritse Murwanashyaka yameza ko ababyeyi badakurikiza imvugo yisw...
Mu mudugudu wa Kavumu, Akagari ka Rusenge, Umurenge wa Rusenge muri Nyaruguru umuturage witwa Ntirikina Eugene yabyutse asanga abantu bataramenyekana bamuranduriye ibishyimbo. Umugore we witwa Immacul...
Umumotari witwa Gilbert ari kumwe n’umwe mu basore b’abakorera bushake mu kurinda umutekano ku rwego rw’Akarere ka Nyaruguru batezwe n’abagizi ba nabi barabatema bikomeye, bacika batamenyekanye. Abag...
Umwe mu bashyira abaturage batuye mu byiciro by’Ubudehe bivuguruye avuga ko kimwe mu bibazo bari guhura nabyo ari uko hari abaturage bavuga ko nta butaka bafite kandi bafite nka are ebyiri, eshanu, ic...
Kuri uyu wa Kane taliki 03, Ukuboza, 2020 mu mudugudu wa Mbogo, Akagari ka Murama, Umurenge wa Ngera mu Karere ka Nyaruguru humvikanye amakuru avuga ko ingimbi yitwa Pascal y’imyaka 19 y’amavuk...
Mu kiganiro kirambuye Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yaraye agejeje ku bagize Inteko ishinga amategeko, imitwe yombi, yavuze ko kimwe mu bintu Leta igiye guha mwarimu harimo kongera 10% ku mu...







