Mu Mudugudu wa Umurambi, Akagari ka Mubuga muri Kibeho mu Karere ka Nyaruguru haravugwa umurambo w’umugore uherutse kubonwa n’abana bari bagiye kwahira ubwatsi mu gitondo kare. Abahageze basanze ubwo ...
Abantu barenga 70,000 barututse hirya no hino ku isi bari bari mu Rwanda mu kwizihiza umunsi abamera Imana bavuga ko ari wo Bikira Mariya Nyina wa Yezu yasubiriye mu ijuru. Ni umunsi mukuru uba buri t...
Imodoka zitwara abagenzi muri rusange zazindutse zibajyana mu Murenge wa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru ahari bubere igitambo cya Misa cyo kuzirikana amabonekerwa Bikira Mariya yakoreye abakobwa bahiga...
Mu Karere ka Nyaruguru hari ikibazo cy’uko hari abana barwaye bwaki kubera imirire nkene kandi ababyeyi babo ari abakozi ba Leta. Abakozi b’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, baherutse kubivugaho nyuma...
Buri Taliki 15, Kanama, buri mwaka Abakirisitu cyane cyane abo muri Kiliziya Gatulika bazirikana ko ari bwo Bikira Mariya yajyanywe mu ijuru. Umwe mu bayobozi muri Minisiteri y’umuco witwa Mutangana B...
Padiri Muzungu Bernardin yari umupadiri w’Umudominikani wari waragiye mu kiruhuko cy’izabukuru. Yaguye mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali azize uburwayi. Yari afite imyaka 90 y’amavuko. Kinyamateka niy...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko mu Murenge wa Munini habereye impanuka yakozwe n’imodoka yo mu bwoko bwa FUSO, kugeza ubu abantu babiri nibo twamenye ko yahitanye. Icyakora hari andi makuru avu...
Abahinzi b’Icyayi bo mu Karere ka Nyaruguru bashima ko hari umushoramari wabafashije kubona uko bahinga icyayi ku butaka bavuga ko mbere bwabapfiraga ubusa. Mbere y’uko batangira kubuhingaho icyayi, b...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente aherutse kugaruka ku kamaro k’ubufatanye bw’Abanyarwanda mu guteza imbere igihugu cyabo. Hari mu muhango wo gutaha ku mugaragaro umudugudu watujwemo imiryango 4...
Ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu taliki 21 kuzageza taliki 31, Gicurasi, 2022 ni ukuvuga igihembwe cya gatatu cy’ukwezi kwa Gicurasi, i...









