Abagize Inama Njyanama z’Imirenge yose igize Akarere ka Nyarugenge baraye bibukijwe inshingano zabo. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi niwe wazibibukije ababwira ko imwe m...
Mu Turere dutatu tugize Umujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatandatu taliki 04, Kamena, 2022 abaturage baramukiye mu muganda. Ni umuganda wasimbuye uwari bukorwe taliki 28, Gicurasi, 2022 ariko urasubikwa. ...
Mu Karere ka Nyarugenge ahitwa mu Biryogo ku muhanda KN113 St Umujyi wa Kigali wahashyize umuhanda mugari kandi ukozwe neza uriho ibishushanyo ugenewe abana. Ni ahantu hakomye ibinyabiziga byose bitem...
Mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Karama mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Kicukiro haraye hafunguwe ikigo kizahugura urubyiruko ruba muri uyu mudugudu mu myuga irimo n’ubudozi. Intego ni ukuruha ubume...
Mu rwego rwo gufasha urubyiruko ruba mu midugudu y’Icyitegererezo kugira ubumenyi buzarufasha guhanga imirimo ntirubere ababyeyi cyangwa abaturanyi umutwaro, abagize Ikigo kitegamiye kuri Leta kitwa F...
Abamotari bakorera akazi mu Mujyi wa Kigali baragirwa inama yo kwirinda imikorere ishobora kubateza akaga karimo impanuka, gucibwa amande, gufungirwa ikinyabiziga cyangwa kujyanwa mu nkiko. Polisi y’u...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, bwatangije ubundi bukangurambaga butari busanzwe. Ni ukuburira abanyeshuri mu mashuri yisumbuye uko ubutagondwa butangira mu bantu, ibimenyetso byabwo n’uburyo...
Umugabo yagiranye ikibazo n’umugore we igihe kigeze aramucika ajya kubana na mugenzi we nawe wari umaze iminsi atandukanye n’uwo bashakanye. Bwari uburyo bwo kwisungana. Uwo mugabo wari ucumbikiye mug...
Umuhanzi uri mu bakomeye muri Nigeria witwa RUGER uherutse gukora indirimbo igaca ibintu yise Dior ari mu Rwanda akaba mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 17, Gashyantare, 2022 agiye guha abanyamak...
Kuba hari abaturage bataritabira kwizigamira muri Ejo Heza biterwa n’impamvu zirimo no kuba batarumva neza akamaro kabyo. Umwe mu bemeza ko ari icyo kibitera ni umunyamabanga nshingwabikorwa w&#...









