Ahitwa Norvège mu Karere ka Nyarugenge habereye impanuka y’imidoka yari itwaye abantu 12 bari bagiye gusura benewabo b’i Kamonyi hapfamo batandatu. Ni amakuru yemezwa n’Umuvugizi w’Ishami rya Polisi r...
Ku buso bwa Hegitari 8.2 mu Murenge wa Masaka hari kubakwa ibitaro bishya bya Kaminuza bya Kigali byari bisanzwe biri mu Karere ka Nyarugenge. Gusiza ikibanza byatangiye muri Mutarama, 2023 ari ubu im...
Minisiteri y’ubuzima ifatanyije na Polisi y’u Rwanda yatangije ubukangurambaga bwo kwibutsa urubyiruko ububi bw’ibiyobyabwenge. N’ubwo ari uko bimeze, hari abibaza niba urubyiruko rw’ubu rwiyumvisha k...
Abatuye kimwe mu bice by’umujyi wa Kigali byamenyekanye kurusha ibindi ari ho mu Biryogo baganirijwe na Polisi y’u Rwanda. Umuvugizi wayo Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabibukije akam...
Umusaza Mutezintare Gisimba Damas yatabaye imfubyi nyinshi mu bihe bitandukanye yatabarutse. Bivugwa ko yabaye Se w’imfubyi 600 zaturutse hirya no hino mu Rwanda. Yubatse ikigo yise “Centre Memorial G...
Mu Kagari ka Kamuhoza, Umurenge wa Kimisagara haravugwa urupfu rw’umwarimukazi abanyeshuri be basanze yapfuye. Yari afite imyaka 61 y’amavuko, umurambo we ukaba waragaragaye mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Mu Mudugudu wa Birama, Akagari ka Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge habonetse umurambo w’uwitwa Bizumungu basanze mu ishyamba rya Mont Kigali. Abatuye hafi aho babwiye itangazamakuru ko bishoboka ko ...
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage yafashe ibilo 14 by’urumogi byafatiwe mu Karere ka Burera. Aha kandi hanafatiwe litiro 22 za kanyanga. Si i Burera gusa, urumogi...
Umugabo witwa Jean de Dieu Ihorahabona yatawe muri yombi n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rumukurikiranyeho icyo rwise ‘ubufatanyacyaha’ ku cyaha cyo guhimba, guhindura inyandiko no gukore...
Abayobozi mu Turere twa Nyarugenge, Rulindo na Gakenke bari ku gitutu cyo gusobanura aho amafaranga yo kubaka umuhanda Nzove-Ruli-Gakenke yarengeye. Ni umuhanda Perezida Kagame yemereye abatuye muri ...









