Ahitwa Rugarama mu Murenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge hamaze kugera abaturage baje kumva uko umukandida wa FPR-Inkotanyi ku mwanya wa Perezida wa Repubulika yiyamamaza. Uwo ni Paul Kagame u...
Ku wa Gatatu taliki 10, Mata, 2024 niwo munsi Umuryango w’Abisilamu mu Rwanda watangaje ko bazarangirizaho igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan. Ni umunsi bita EidAlFitr. Uyu muryango uvuga ko umuhango wo k...
Mu Kagari ka Nyakabanda, Umurenge wa Nyakabanda mu Karere ka Nyarugenge haravugwa amakuru y’imyambaro babonye mu cyobo kiri mu rugo rw’umuturage bikekwa ko ari iy’Abatutsi bishwe muri Jenoside bakahaj...
Muri ruhurura ya Rwampala mu Karere ka Nyarugenge hamaze kuboneka imirambo itatu bikekwa ko ari iy’abantu batwawe n’amazi y’imvura yaguye kuri uyu wa Kane. Polisi yabwiye Taarifa ko ari iya abantu bat...
Ku nshuro ya gatatu urubanza ubushinjacyaha buregamo Denis Kazungu ku byaha birimo n’ubwicanyi rwongeye gusubikwa. Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge nirwo rwanzuye isubikwa rwarwo. Rwavuze ko rusubits...
Denis Kazungu wiyemereye mu iburanisha ry’ibanze ko yishe abantu bagera ku 10 kuri uyu wa Gatanu aratangira kuburana mu mizi. Ni urubanza rutegerejwe na benshi kubera uburyo ibyaha uyu mugabo aregwa b...
Ubwo bubonaga umusore wo mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge yimanitse, barebwe muri telefoni ye basangamo ubutumwa yari yandikiye umuntu amubwira agahinda afite, ko ubuzima bumunaniye ar...
Nyuma y’amashusho yagaragaje umurwaza arwana n’umusekirite w’ibitaro bya Nyarugenge, ubuyobozi bwabyo bwasabye abarwaza imbabazi, buvuga ko ibyo yakoze bitari mu ndangagaciro kabyo. Itangazo ryasonywe...
Amashusho yashyize kuri X na RadioTV10 arerekana imirwano hagati y’umugabo bivugwa ko yari agiye kureba umugore we wabyaye abazwe, ariko umusikirite amubera ibamba. Byaje kuvamo gufatana mu mashati, ...
Amakuru Taarifa ikesha umuturage w’ahitwa mu Miduha avuga ko ahagana saa munani z’amanywa kuri uyu wa Mbere taliki 18, Nzeri, 2023, inkongi yadutse mu isoko ry’aho itwika ibicuruzwa by’abantu barindwi...









