Umuturage wo mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge witwa Nkundwanabake Cedrick amaze gukorana n’urubyiruko rw’aho atuye bakura mu ruzi rwa Nyabarongo imyanda ya pulasitiki ipima toni 20. Yabw...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge mu mujyi wa Kigali ryafashe abantu batatu bafite udupfunyika 1,253 tw’urumogi bafatirwa mu bice bitandukanye by’uyu Mujyi. Tariki 23, Nzeri, 2...
Gasabo: Mu Mudugudu wa Gisharara, Akagari ka Nyagahinga, Umurenge wa Rusororo mu Karere Gasabo Polisi iherutse kuhafatira abantu babiri bivugwa ko bacuruzaga urumogi. Umwe yamusanganye ibilo bibiri, u...
Saa tanu z’amanywa kuri uyu wa Kabiri tariki 22, Nyakanga, 2025 umugore yafatanywe ibilo bibiri by’urumogi n’umunzani yakoreshaga apimira abakiliya nk’uko Polisi ibyemeza. Yafatiwe mu Mudugudu wa Bure...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge rikorera mu Karere ka Nyarugenge ryafashe Mugwaneza Jean Claude afite urumogi mu dufuka dutanu twari mu gikapu rungana n’ibilo bitandatu akaba...
Saa tanu z’ijoro kuri iki Cyumweru tariki 15, Kamena, 2025, abapolisi bakorera mu Murenge wa Kimisagara bafatanye umugabo witwa Safari Adrien inzoga Polisi ivuga ko ari inkorano yari ajyanye mu isoko ...
Mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge hari umugore w’imyaka 38 watawe muri yombi akurikiranyweho gukomeretsa umugabo we amumennyeho isombe ishyushye. Radio/TV10 yavuze ko uwo mugore yemera ...
Ku nshuro ya Gatatu mu gihe kitarenze amezi ane, Polisi ikorera mu Karere ka Nyarugenge yafashe abandi bantu ikurikiranyeho kwiba ingo z’abantu bakoresheje imfunguzo bacuze, ubundi bakabanza kub...
Ibikorwa bya Polisi mu Karere ka Nyarugenge bikomeje gutanga umusaruro nyuma yo gufata umuntu ukekwaho kwiba ingo z’abandi akoresheje imfunguzo yacurishije. Mu minsi mike ishize, hari abandi batatu ba...
Abakozi b’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, batangije ubukangurambaga bwo kwibutsa abantu ububi bw’ingengabitekerezo ya Jenoside, uko igaragara n’amategeko ayihana. Byakozwe mu rwego rwo kubate...









