Abagenzacyaha bo mu Karere ka Nyanza bari mu iperereza ku cyaha cy’ubwicanyi bivugwa ko bwakorewe mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza. Televiziyo yitwa BTN ( Better Television Network) yatangari...
Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yasize ibikomere mu mitima ya benshi. Abahakana Jenoside yakorewe Abatutsi ntibarashobora guhakana ko kwica abana bitari umugambi wo kubuza Abatutsi kuzororoka mu ...
Mu Mudugudu wa Buruba, Akagari ka Butara, Umurenge wa Kigoma, Akarere ka Nyanza haherutse gufatirwa litiro 30 za kanyanga. Ngo yari igishyushye kandi yafatanywe n’ibikoresho yayengeshaga. Abaturage ni...
Umubyeyi w’abana batatu wagizwe umupfakazi n’abantu batemye umugabo we agiye kurangura inka bikamuviramo urupfu yifuza ko abakurikiranyweho iki cyaha bazaburanishirizwa mu gace atuyemo kugira ngo we ...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwasabye abaturage bo mu Tugari tw’Umurenge wa Cyabakamyi abakozi barwo baherutse gusura kwirinda icyakurura amakimbirane ashingiye ku mitungo kuko akunze kuba intandaro y’urug...
Mu ngendo barimo zo kwegereza serivisi abitaruye stations z’Urwego rw’ubugenzacyaha kubera ubunini bw’Imirenge yabo, abakozi b’uru Rwego baraye basabye abayobozi mu nzego z’ibanze ndetse n’abatu...
Abatuye Akagari ka Kadaho Umurenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza bavuga ko bakoresha amasaha atanu bajya ku rwego rw’ubugenzacyaha bubegereye kugira ngo barugezeho ibirego. Umwe mu bagabo bakoresh...
Abaturage bo mu Murenge wa Kibirizi Akagari ka Mututu bishyiriyeho uburyo bazajya baganira ku bibazo birimo ibishingiye ku butaka bakabicyemura bitabaye ngombwa ko bajya mu nkiko. Ku rwego rw’Umudugud...
Umuturage wo mu Karere ka Gakenke Umurenge wa Kivuruga witwa Twahirwa yabwiye Taarifa ko hari bagenzi be badashobora kugeza ibibazo by’ihohoterwa cyangwa ibindi byaha bakorewe ku nzego z’ubugenzacyaha...
Abagabo babiri mu Karere ka Nyanza baherutse gupfa baguye mu cyuzi cya Nyamagana, umwe bikaba bivugwa ko yiyahuye. Kuri uyu wa Kane nibwo ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi ry...









