Mu Karere ka Nyanza hari ahitwa mu Rukari. Ni ahantu hahoze hatuye Umwami Mutara Rudahigwa akaba yarahagize icyicaro cy’ubwami bwe. Muri iki gihe ni hamwe mu hantu nyaburanga kandi hasurwa kubera amat...
Mu bice bitandukanye by’Akarere ka Nyanza, Huye, Rwamagana, Gatsibo n’ahandi mu Rwanda, abaturage barataka inzara batewe n’amapfa yakuruwe n’imvura yaguye nabi. Bateye imbuto bizeye ko izera ik...
Mu Murenge wa Busasamana ahari Gare ya Nyanza haraye hapfiriye umusaza w’imyaka 56 wari waje gutega imodoka. Yahageze aricara arayitegereza ariko apfa ataramugeraho. UMUSEKE wanditse ko uwo mugabo yit...
Abahinde baba mu Rwanda baraye batashye ingoro ya mbere izasengerwamo na bagenzi babo bo mu idini gakondo ry’Abahindu. N’ubwo idini ry’Abahindu ari ryo gakondo kandi riniganje mu Buhinde, habayo n’an...
Mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza yaravugwa inkuru y’Umuyobozi w’Akagari ka Rwotso witwa Masengesho wemereye abaturage basanzwe bishoboye kujya gufata amafaranga yagenewe abatishoboye bakaya...
Ku wa Gatanu taliki 12, Kanama, 2022 mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Mukingo habereye ibintu abaturage babwiye BTN TV ko ari agahomanumwa. Umugore yasanze umugabo we ari gusambana na Nyina[w’uyu mugo...
Mu Karere ka Nyanza haherutse gufatirwa ibilo 1,574 by’imyenda yari yinjiye mu Rwanda mu buryo bwa magendu. Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu niryo ryafashe iriya myenda yari yav...
Mu Ntara y’i Burasirazuba mu Karere ka Ngoma hari ahantu hazwi ngo ni ku Cyasemakamba. Ni ahantu hazwi kubera ibikorwa byahakorewe hari mo n’imikino y’umupira w’amaguru. Uretse umupira w’amaguru wahak...
Itangazo ubwanditsi bwa Taarifa bucyesha Umujyi wa Kigali rivuga ko kuri uyu wa Kane taliki 26, Gicurasi, 2022 ku rwibutso rwa Nyanza mu Karere ka Kicukiro hazashyingurwa imibiri 9000 y’Abatutsi baziz...
Mu Karere ka Nyanza hafunguwe indi ngoro y’amateka y’Abanyarwanda yiswe ‘Kwigira Museum’. Iherereye mu Karere ka Nyanza, ku musozi wa Rwesero. Umusozi yubatsweho ngo ubumbatiye amateka y’u Rwanda kuk...









