Hari amakuru yatangiye gutangazwa mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatau y’uko hari abantu bateraga ikiraka muri RAB baguye mu kizenga kubashakisha bibanza kugorana. Inzego z’ubuyobozi n’iz’umut...
Abakorera Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bari mu Karere ka Nyanza ahari ishuri rigisha iby’amategeko mu mahugurwa y’iminsi itatu. Ni uburyo bwo gukarishya ubumenyi mu by’amategeko kugira ngo barus...
Madamu Dr. Odette Nyiramirimo wo muri Unity Club abwira Abanyarwanda bose ko buri wese ukunda u Rwanda akwiye kwita ku babyeyi baba mu ngo z’Impinganzima, ntibibwire ko ari inshingano za MINUBUMWE gu...
Abatuye Umurenge wa Busasamana n’indi mirenge ituriye Umujyi wa Nyanza bahuriye kuri stade Nyanza kugira ngo bagure telefoni za Airtel zihendutse. Nibo bahereweho mu Ntara y’Amajyepfo nyuma y...
Mu Mudugudu wa Buhaza, Akagari ka Gati mu Murenge wa Muyira muri Nyanza haravugwa inkuru y’abantu bane bafashwe n’abaturage bakabakubita babita abajura umwe akahasiga ubuzima. Byabaye mu gicuku cyo ku...
N’ubwo atari bose, ariko muri rusange abayobozi mu nzego z’ibanze, cyane cyane abo mu cyaro, ntibarasobanukirwa neza uko raporo ku byaha bikorerwa aho bayobora zikorwa. Niyo mpamvu RIB iri kubibahugur...
Mu Murenge wa Kibirizi hari abaturage bataka kutagira imbuto nziza y’imyumbati kandi iki gihingwa ngangurarugo kiri mu bibatunze. Bvuga ko babonye imbuto nziza, byatuma basazura imyumbati ishaje bityo...
Umuyobozi w’Urwunge rw’amashuri rwa Gati (Groupe Scolaire Gati) ryo mu Kagari ka Gati mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza yahagaritswe mu kazi by’agateganyo kugira ngo hasuzumwe amakuru avuga k...
Umubyeyi wo mu Mudugudu wa Gakenkeri A, mu Kagari ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza yakubiswe n’inkuba ubwo yasangaga umwana we amanitse mu mugozi yapfuye! Hari saa kumi n’ebyiri ...
Umusore w’imyaka 17 y’amavuko wo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza akurikiranyweho gusambanya incuke ifite imyaka ine y’amavuko. Ni umwana w’umuturanyi w’aho uwo musore yaragiraga inka. Biv...









