Mu Mudugudu wa Kirwa, Akagari ka Mushirarungu, Umurenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza haravugwa abantu bari gushakishwa na Polisi bakekwaho gukubita umuntu inkoni bikamuviramo urupfu. Saa saba z’am...
Umusaza w’imyaka 62 yafatiwe mu Mu Murenge wa Musebeya mu Karere ka Nyamagabe nyuma y’imyaka 30 yari amaze yihisha kubera Jenoside yakorewe Abatutsi yagizemo uruhare ubwo yabaga mu cyahoze ari Komini ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwafunze umugabo w’imyaka 39 ukekwaho kujya Kwa Sebukwe agatema umugore we wari wahahukaniye. Uwo mugore we afite imyaka 30 y’amavuko. Mu gicuku ahagana Saa cy...
Iburanisha riherutse kubera mu rukiko rwisumbuye rwa Huye humviswe abaganga bari bamaze iminsi bakora isuzuma ku mibiri y’abantu bivugwa ko bishwe bigizwemo uruhare n’abarimo n’abapolisi. Mu rukiko bi...
Mu Murenge wa Busoro mu Kagari ka Kimirama mu Karere ka Nyanza haravugwa umugore wakuyemo inda yari ifite amezi umunani ajugunya uwo mwana mu mwobo. Uwo mugore afite imyaka 34 y’amavuko, bikavugwa ko ...
Mu Murenge wa Busoro mu Karere ka Nyanza haravugwa umugabo ukekwaho kwica umwana we yabyaye afatanyije na Mukase w’uwo mwana. Byabereye mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Busoro mu kagari ka Masangano...
Mu Karere ka Nyanza hafatiwe umugabo w’imyaka 38 y’amavuko wari umaze hafi amezi ane avuye mu Karere ka Karongi aho bivugwa ko yiciye umuntu, icyo cyaha akaba avugwaho kugikorera mu Murenge wa Murundi...
Mu Mudugudu wa Gatongati mu Kagari ka Mututu, Umurenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza hafatiwe umukobwa wakoraga akazi ko mu rugo ukekwaho kwiba umwana w’umuhungu w’aho yakoreraga. Uwo mukobwa uvugwa...
Umuyobozi w’ishuri n’umuzamu waryo batawe muri yombi bakekwaho kwiba ibiryo by’abanyeshuri. Bombi bakoreraga ikigo cy’amashuri abanza cya Nyakabuye mu Karere ka Nyanza. Amakuru avuga ko bafashwe mu m...
Ubugenzacyaha mu Karere ka Nyanza bwataye muri yombi umusore wo mu Mudugudu wa Bayi mu Kagari ka Cyotamakara mu Murenge wa Ntyazo muri Nyanza nyuma y’uko aje gusaba ubuyobozi kumwishyuriza uwamuhaye i...








