Mu Murenge wa Ntyazo mu Karere ka Nyanza haravugwa umugore wafunzwe na Polisi imukurikiranyeho kwica umugabo we. Bikekwa ko nyakwigendera yasanze umugore we ari kumwe n’undi mugabo i saa munani z’ijor...
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspector of Police(CIP) Hassan Kamanzi atangaza ko hari abagabo umunani uru rwego rwafashe rubakurikiranyeho gutega abaturage igico bakabambura utwabo. ...
Mu Mudugudu wa Kamuvunyi A, Akagari ka Nyarusange mu Murenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza habonetse umurambo w’umusore witwa Habukwiye Viateur w’imyaka 19 wari iminsi irindwi hatazwi irengero rye....
Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yataye muri yombi abantu barindwi bafite aho bahuriye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro barimo na Rtd Major Rugamba Robert ufite ikigo Rugamba Mining Company Ltd...
Nyuma y’uko umukobwa witwa Vestine Nyiransengimana yatemye Muka Se nyuma yo gutongana bahuriye aho ihene yabo yari iziritse, Se wa Nyirasengimana nawe yaje atabaye atema umukobwe ikirenge. Basanzwe ba...
Mugema yigeze gufungirwa Jenoside yakorewe Abatutsi aza kurekurwa, ariko ubu yongeye gutabwa muri yombi kubera ingengabitekerezo yayo yongeye kugaragaza. Asanzwe atuye mu Mudugudu wa Nyarutovu, Akagar...
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, wayoboye Inkiko Gacaca zatangiye mu mwaka wa 2001 yabwiye abari baje kwibuka Abatutsi biciwe i Nyanza ya Kicukiro ko ziriya nkiko zabaye ingenz...
Nyuma yo kubitswa amafaranga n’abaturage agakoramo akagira ayo yiguriza, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyabinyenga mu Murenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza yatawe muri yombi kugira ng...
Taarifa yamenye amakuru y’ifatwa rya Muhawenimana Caritas w’imyaka 23 wanditse amagambo kuri Status ya Whatsapp akomeretsa mu buryo bukomeye abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni amaga...
Muri Nyanza haravugwa umuyobozi w’ikigo cy’ishuri ukurikiranyweho kunyereza ibiribwa bigenewe abo ashinzwe kurera. Yari asanzwe akorera mu Kigo cy’amashuri cya Kibirizi, ahitwa Ecole Sécondaire Kibir...









