Amakuru Taarifa igikusanya aremeza ko Fabien Neretse wari warahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi akaba yari afungiye mu Bubiligi yapfuye. Yari yarahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe A...
Ishimwe Dieudonne wamenyekanye nka Prince Kid yitabye urukiko ngo aburane mu mizi ku byaha aregwa birimo kwaka ishimishamubiri rishingiye ku gitsina yageze imbere y’Urukiko ahita arugaragariza inzit...
Ikip AS Kigali yegukanye igikombe cy’Amahoro cya 2022, itsinze APR FC igitego kimwe ku busa(1-0). Ibi byabaye gutenguha Lt Gen Mubarakh Muganga usanzwe uyiyobora kuko hari hashize amezi abiri ‘...
Umugabo yagiranye ikibazo n’umugore we igihe kigeze aramucika ajya kubana na mugenzi we nawe wari umaze iminsi atandukanye n’uwo bashakanye. Bwari uburyo bwo kwisungana. Uwo mugabo wari ucumbikiye mug...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, ku wa Gatandatu tariki ya 03 Nyakanga, 2021, Coaster yafatiwe mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Kanyinya irimo abagenzi batanu bavuye kuri Stade ya Kigali i Nyamiram...
Umujyi wa Kigali wafashe icyemezo cyo gufunga imihanda itatu yo mu Biryogo mu Karere ka Nyarugenge, ihindurwa ahantu resitora zizajya zakirira abantu bahanye intera. Ni icyemezo cyafashwe mu kwirinda ...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa, Organisation Internationale de la Francophonie, Louise Mushikiwabo kuri uyu wa Gatanu tariki 28 yasuye Ikigega kigamije guteza imbere abag...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego bwafashe umwanzuro w’uko kuri Stade ya Kigali iri i Nyamirambo igirwa gare by’agateganyo yifashishwa n’abagenzi bagana mu Ntara. Ni umwanzuro w...
APR FC yatsinze Gor Mahia yo muri Kenya, 2-1, mu mukino wabereye kuri stade ya Kigali i Nyamirambo. Ni umukino wo gushaka itike yo kuzitabira imikino ya CAF Champions League. Niwo mukino wa mbere w’ij...








