Ubuyobozi bw’Akagari ka Kanazi mu Murenge wa Nyamata, Akarere ka Bugesera buvuga ko ibyo abasigajwe inyuma n’amateka bavuga ko by’uko ubukene bubarembeje, ari ugukabya. Bo bemeza ko hari bamwe muri bo...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana avuga ko abagenzuzi ba UNESCO basanze urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rw’i Nyamata ari rwo rwerekan...
Ishimwe Clement na Butera Knowless barishimye kubera ikibondo uyu mugore aherutse kwibaruka. Ni umwana wabo wa gatatu bataratangza amazina ye. Abandi bana babiri ni Ishimwe Or Butera wavutse mu mwaka ...
Muri gare ya Nyamata, imodoka yo mu bwoko bwa Hiace isanzwe itwara abagenzi irahiriye. Yari igiye kwifashishwa mu gutwara abanyeshuri bari kujya gitangira amasomo. Nta muntu wayigiriyemo ikibazo. Iyi ...
I Nyamata mu Karere ka Bugesera, haguye ishyano ubwo abantu basangaga umurambo w’umusore w’imyaka 25 y’amavuko witwa Jean Paul Nsabigaba yiyahuye yimanitse. Amakuru dukesha abo mu muryango we avuga ko...
Umuganga uvura indwara z’abagore mu bitaro bya Nyamata Dr Muhirwa Bonfils avuga ko iyo urebye aho u Rwanda rugeze rugabanya impfu z’abagore bapfa babyara ubona ko ruteye intambwe ariko hakiri urugendo...
Ibitaro bya Nyamata biri mu Murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera biravugwamo umwanda mu bitanda by’abarwayi kuko nta mazi ahagije yo gusukura amashuka n’ibindi babona. Meya wa Bugesera Richard Mut...






