Taarifa yamenye ko mu Mudugudu wa Gakomeye, Akagari ka Kigarama, Umurenge wa Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke hari umugabo wari warananiwe n’urushaho ajya kubana na Se na Nyina wabishe abicishije iby...
Mu Karere ka Nyamasheke, Umurenge wa Bushekeri hari abaturage batakamba basaba ko Ikigo cy’Ingufu, Rwanda Energy Group, kigabije amasambu yabo kiyubakamo ibikorwa remezo batabimenyeshejwe. Babwiye bag...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko Abanyarwanda bagombye kwitwararira mu kwirinda COVID-19 kuko bicyekwa ko hari ubwandu bwayo bushya bwageze mu Rwanda. Minisitiri w’ubuzima Dr Ngamije Daniel yabwiye RBA k...
Muri Kanama 2021 nibwo inkuru y’Umushinwa witwa Shujun Sun wagaragaye akubitira Abanyarwanda ku giti baboheye inyuma yabaye kimomo. Urwego rw’igihugu rwamushyikiriye ubushinjacyaha araburanishwa none ...
Abantu batatu baherutse gufatwa bakekwaho kwica umukobwa witwa Eugènie Nyampinga wari umaze iminsi micye yerekanye uwo bari buzaryubakane. Yari asanzwe ari n’umucuruzi wa Serivisi za Mobile Money. Yi...
Mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke hari abaturage bavuga ko bagejeje ikibazo cyabo ku nzego zitandukanye bazibwira ko barenganye kuko babariwe agaciro k’imitungo ubwo bimurwaga ngo hubakwe um...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, Taliki 26, Werurwe, 2022 mu Murenge wa Ntendezi hadutse umuriro wakongoye iduka rifite imiryango umunani bacururizamo rirakongoka. RBA yanditse ko byabaye hagati ...
Abaturage bo mu Kagari ka Kabuga mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Nyamasheke babwiye Taarifa ko Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari kabo witwa Elias Ntihemuka yandavura kandi akabima serivisi nz...
Umukozi mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye ushinzwe ishami rigenzura inkomoko n’ubuziranenge by’amabuye y’agaciro witwa John Kanyangira yabwiye Taarifa ko n’ubwo ubucuruzi muri rusange...
Mu rwego rwo gukomeza gufasha u Rwanda mu ntego yarwo yo guha abarutuye ubumenyi n’ubushobozi mu by’ikoranabuhanga, Ambasade ya Israel mu Rwanda yaraye itashye ikigo cyigisha ikoranabuhanga cyubatswe ...









