François Nizeyimana akurikiranyweho kwicisha umuhoro umugore witwa Chantal Nyinawumuntu yari yarateye inda. Amakuru twahawe n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze avuga ko uriya mugore yari yaragurije uwo mug...
Mu Murenge wa Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke hafatiwe Ibilo 247 by’urumogi rwari ruhishe mu mifuka y’amakara. Barusanze ruri mu mifuka yari iri mu modoka isanzwe itwara amakara, bikavugwa ko abari b...
Abatuye Umurenge wa Macuba mu Karere ka Nyamasheke hafi y’ikirwa kitwa Kirehe bavuga ko Ubuyobozi bw’Akarere kabo bwafatanyije na REG kubaha ibyuma bitanga imirasire y’izuba bidakora. Ibyo byuma ngo b...
Mu ijambo yabwiye abaturage bari baje kumwakirira ku kibuga kiri hafi y’Ibiro by’Akarere ka Nyamasheke, Perezida Kagame yabasabye ko batagombye kujya batinya kuvuga ababaka ruswa kuko ngo buryo iyo b...
Ubwo yarangizaga uruzinduko rwe mu Ntara y’Amajyepfo, Perezida Paul Kagame yahise ajya mu Ntara y’i Burengerazuba abanza kuganira n’abavuga rikijyana bo muri iyi Ntara bari baje kumwakirira mu Karere...
Mu ruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida Kagame amaze gukorera mu Ntara y’Amajyepfo abaturage bamwakiranye ubwuzu bamwereka ko bari bamukumbuye. Ni mu gihe kuko yahaherukaga ubwo yiyamamazaga mu mwaka wa...
Mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo witwa Charles Murwanashyaka ukekwaho kwica umugore we witwa Vestine Yankurije wari uje kumusaba amafaranga yo kwishyura ubwisungane mu buzim...
Mu Muduguru wa Nyagacaca, Akagari ka Muhororo mu Murenge wa Kirimbi mu Karere ka Nyamasheke haravugwa amakuru y’umugabo bigaragara ko akuze ariko ugiye kwicwa n’inzara kandi abayobozi n’abaturan...
Mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Ndego haravugwa umusore w’imyaka 22 y’amavuko uvugwaho gukubita Nyina nyuma yo gushaka kumusambanya undi agataka abaturage bagahurura. Bibaye nyuma y’inkuru yabaye i...
Eliezer w’imyaka 34 y’amavuko uherutse kwica ababyeyi be abateye icyuma yaraye afashwe. Ubuyobozi nibwo bw’Umurenge wa Kanjongo aho ayo mahano yabereye nibwo bwaraye bubibwiye itangazamakuru. Mushiki...









