Ababyeyi bo mu Karere ka Nyamasheke bamaze igihe babwirwa ko kugira ngo umwana ave mu igwingira ari ngombwa ko ahabwa indyo nzima, akarindwa umwanda kandi yarwara akavuzwa hakiri kare. Kubyumva no kub...
Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Mudugudu wa Rwufe mu Kagari ka Mujuga mu Murenge wa Kitabi mu Karere ka Nyamagabe basaba ubuyobozi kubaha aho kwigira gusoma no kwandika, ariko ubuyobozi bukavuga ko ...
Abacuruzi 11 baherutse gufatirwa muri Nyamasheke bapakiye ku magare ibiko 800 bya magendu y’imyenda, inkweto n’ibitenge 25 . Polisi ivuga ko bariya bacuruzi bari bajyanye iriya mari mu isoko ry’ahitwa...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi itangaza ko bitarenze muri Nzeri, 2023 mu Karere ka Nyamasheke hazatangira ibikorwa byo kubungabunga inkengero z’umugezi wa Nyagahembe. Bizakorwa ku buso bwa Kilometer...
Ba Gitifu b’utugari 68 bo mu karere ka Nyamasheke babwiye ubuyobozi bw’aka karere bakoreramo ko ubwo bahawe moto, bagiye kurushaho kwegera abaturage. Bazihawe mu rwego rwo kubunganira mu kuzuza inshi...
Abatuye mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Bushekeri mu Murenge wa Bushekeri bavuga ko abayobozi babo babategetse kurandura imboga zongeraga ireme ry’ifunguro, bakazisumbuza ibyatsi bita pasiparumu. Imi...
Mu Murenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke hari ababyeyi bavuga ko batagihabwa amafaranga y’imfashabere. Ingaruka ni uko imikurire y’abana babo yahazahariye. Muri Mata, 2022 nibwo baheruka ariya m...
Mu gihe abaturage banenga abayobozi babahaye amavomo atabamo amazi, bamwe bakayita imirimbo, ku rundi ruhande, Meya w’aka Karere Appolonie Mukamasabo avuga ko abo baturage ‘batanyurwa.R...
Ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda baherutse gufatira mu isoko amabalo atandatu y’imyenda yari yinjiye mu Rwanda mu buryo bwa magendu. Icyo gihe hafas...
Ahagana saa kenda n’igice za mu gitondo kuri uyu wa Gatandatu Taliki 26, Ugushyingo, 2022 ikamyo yazamukaga iva i Karongi igana i Rusizi yagushije urubavu, ipakiye inzoga zirameneka abaturage babona...









