Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje ko taliki 14(ku Banyarwanda baba hanze yarwo) na taliki 15, Nyakanga, 2024 ( ku Banyarwanda baba mu Rwanda) ari bwo hazaba amatora ya Perezida wa Repubulika akom...
Intiti ya Kaminuza ya Makelele akaba aharanira n’uburenganzira bwa muntu muri Uganda Dr Stella Nyanzi yahungiye i Nairobi muri Kenya. Aya makuru yemejwe n’umwunganira mu mategeko witwa Me George Luchi...

