Amakuru Taarifa yamenye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 20, Nyakanga, 2021 aremeza ko Sam Kalisa wari Umukuru w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo, Mu Murenge wa Karangazi muri Nyagat...
Mu mugudugu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo, Mu Murenge wa Karangazi haravugwa umukuru w’umudugudu washyizeho bariyeri irinzwe n’abasore bafite inkoni bakumira abaturage ngo ntibajye kuvoma kuko ari ‘...
Croix Rouge y’u Rwanda yageneye abaturage 2565 bo mu Ntara y’Iburasirazuba 180.000 Frw buri muntu, yo kwifashisha mu mishinga yatoranyijwe no gukemura ibibazo by’ibanze, mu guhangana n’ingaruka za COV...
Amabwiriza yatangajwe na Minisitiri w’ubugetsi bw’igihugu avuga ko akarere ka Rubavu kashyizwe muri Guma mu Karere, kandi ko abagatuye bagomba kuba bari mu ngo zabo bitarenze saa moya z...
Croix Rouge y’u Rwanda ikomeje kugira uruhare mu guhindura ubuzima bw’abaturage, aho igiye gutanga 150.000 Frw ku miryango yatoranyijwe ngo ishyire mu bikorwa imishinga yahisemo, aherekezwa na 30.000 ...
Abatuye Umurenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare bashimira Umuryango Utabara Imbabare w’u Rwanda(Croix Rouge Rwandaise) uruhare wagize mu kubafasha kuzanzamura ubukungu bwabo bwazahajwe n’in...
Mu karere ka Nyagatare haherutse gufatirwa umuturage witwa Phocus Nkurikiyingoma ukurikiranyweho gushinga uruganda rukora inzoga itujuje ubuziranenge yise Umuneza. Litiro 1400 bamusanganye barazimenny...
Abaturage bavuga ko n’ubwo hari bube Noheli ariko uyu mwaka watumye ntawishimisha nk’uko byari bisanzwe bityo ko na Noheli idashamaje. Abatuvugishije barimo abacuruzi mu nzego zitandukanye kandi abens...
Umusaza w’imyaka 70 witwa Karangwa Callixte wo mu murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare afite ibikomere mu mutwe bivugwa yatewe n’ingabo za Uganda zamutemye kuri iki Cyumweru ubwo yajyaga yo gus...
Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango Bwana Valens Habarurema yaraye ahakanye ibivugwa na bamwe mu bakozi bo mu biro by’Akarere bamushinja kubatoteza. Hari mu kiganiro yahaye abanyamakuru. Bamwe mu bakozi bo...









