Abahinga ibigori mu Karere ka Nyagatare bavuga ko bibabaje kuba uruganda rutunganya akawunga bari bakeneye kuva cyera rwaruzuye, ariko rukaba rugiye kumara imyaka ibiri rudakora. Ni uruganda rwubatswe...
Ahitwa Mirama mu Murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare hagiye kubakwa ibagiro rizuzura rifite agaciro ka Miliyari 1,242. Rizabagirwamo inka 200 n’ihene 500 ku munsi. Hari abacuruzi b’inyama bo ...
Abagabo batatu baherutse gufatirwa mu Kagari ka Remera, Umurenge wa Rusebeya bafite ibilo 38 by’amabuye y’agaciro ya gasegereti bacukuye mu kirombe cy’abandi kandi mu buryo butemewe. Kiriya kirombe gi...
Bamwe mu baturage bafashijwe n’Umuryango utabara imbabare witwa Croix Rouge bavuga ko nyuma yo kugirwaho ingaruka n’icyorezo COVID-19, bakagobokwa n’uyu Muryango, bashima ko amafaranga bahawe yabafash...
Mu Karere ka Nyagatare mu Mirenge ya Mukama na Karama hari abahinzi babwiye Taarifa ko kubona ubwanikiro bunini kandi bwubatswe neza byatumye ibigori byabo bitibasirwa n’uruhumbu bita Aflatoxin. Uru r...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yibutse gutangaza ko hari ubwoko butatu bw’imiti buri gukorwa nyuma y’uko aborozi bo mu Karere ka Nyagatare batangaje ko imiti bari bamaze igihe batera inka zabo ngo ...
Polisi yatangaje ko ku wa 20 Gashyantare, ku bufatanye n’izindi nzego yafatiye mu Karere ka Nyagare umukozi wo kwa muganga w’imyaka 35, akekwaho guha abantu ibyemezo by’uko batanduye COVID...
Abapolisi bo mu ishami rishinzwe kurwanya ibyaha n’ubucuruzi bwa magendu bafashe umugabo afite litiro 185 za kanyanga, azivanye muri Uganda. Uyu mugabo yafatiwe mu Karere ka Nyagatare, Umurenge ...
Amakuru Taarifa ikesha umunyamakuru wa Flash FM wakurikiranye iburanisha ry’urubanza rwa mbere hagati ya mugenzi we bivugwa ko yakubiswe n’Umukuru w’Umudugudu, umushinjacyaha yavuze ko Komanda wa Poli...
Mu masaha ari imbere hagiye gutangira urubanza rw’Umukuru w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo, Mu Murenge wa Karangazi witwa Sam Kalisa uregwa gukubita umunyamakuru wa Flash FM ishami rya Nya...









