Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yatashye uruganda rukora ifu mu mata ruri mu Karere ka Nyagatare ahitwa Rutaraka. Ni uruganda rwubatswe mu Cyanya cy’Inganda cya Rutaraka mu Murenge wa ...
Nyuma y’igihe kirekire uruganda rukora amata y’ifu rwa Nyagatare rwubakwa, ubu rwarangije kuzura. Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba Pudence Rubingisa yatangarije kuri X ko iyi ari inkuru nziza kuri ...
Akarere ka Nyagatare niko ka mbere gafite abafite ubumuga benshi kurusha utundi mu Rwanda, abo bakabamo n’abafite ubwo mu mutwe. Ikibazo kiyongeraho ni uko hari n’urubyiruko rwinshi rwavutse rudafite ...
Amakuru aremeza ko uburwayi buherutse gufata abanyeshuri bagera ku 150 bo mu bigo bitandukanye by’Akarere ka Nyagatare yatewe n’amata yanduye. Bimwe mu bimenyetso abo banyeshuri berekanaga ni ukuribwa...
Mu Karere ka Nyagatare haravugwa indwara inzego z’ubuzima zitaratangaza iyo ari yo yatumye abanyeshuri 150 bajyanwa mu bitaro bya Nyagatare no mu bigo nderabuzima biri muri aka Karere. Radio/TV 10 ivu...
Urugaga nyarwanda rw’amakoperative ahinga umuceri FUCORIRWA( Fédération des Unions de Coopératives Rizicoles au Rwanda) rwahurije hamwe abayayobora kugira ngo ruhembe abitwaye neza. Iyo mu Murenge wa ...
Umugabo wo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare ku Cyumweru taliki 04, Gashyantare, 2024 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka itatu. Abaturage babwiye itangaza...
Mu Karere ka Nyagatare, abahinzi n’abacuruzi mu Mirenge imwe n’imwe y’aka Karere barataka ko ibitera( ni inyamaswa zisa n’inkende) bibonera kandi urebye nabi bikamukorera ibya mfura mbi. Ibyo bitera ...
RIB yatangaje ko yataye muri yombi Hilary Hodari wari Umuyobozi wa Koperative NDMC, Nyagatare Dairy Marketing Cooperative, n’umubaruramari wayo witwa Happy Muhoza ibakurikiranyeho kunyereza umutungo ...
Nyuma y’urubanza rwa Kazungu Denis rutarajya mu mizi rukaba ari rwo rwafatwaga nk’urukomeye kugeza ubu, muri iyi minsi urundi ruvugwa kandi rukomeye kubera uburemere bw’ururegwamo ni urwa CG( Rtd) Emm...









