Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva mu ruzinduko yari amazemo iminsi ibiri mu Burasirazuba ntiyasuye imirima n’ibiraro by’amatungo gusa ahubwo yasuye n’abaturage, bamubwira akamaro ibyo byose b...
Uruzinduko rw’iminsi ibiri ari gukorera mu Burasirazuba nirwo rwa mbere rw’akazi Dr. Justin Nsengiyumva atangiriye mu Ntara nyuma y’igihe gito Perezida Kagame amugize Minisitiri w’Intebe. Yatangiriye ...
Mu Mirenge ya Karangazi na Nyagatare mu Karere ka Nyagatare haravugwa amakenga y’abaturage basigaye birinda kurya Burushete banga ko bagaburirwa iz’imbwa. Ubwo bwoba babushingira ku makuru...
Ubuyobozi bw’Umuryango utabara imbabare ishami ry’u Rwanda, Croix Rouge Rwandaise, buvuga ko mu rwego rwo gufasha abaturage kurushaho kugira ubuzima bwiza, bwateye ibiti 6,000, bikaba bimwe mu bigera ...
Hari ababyeyi babura Frw 975 yo kugurira abana imboga zo kurira ku ishuri muri gahunda ya School Feeding bagahitamo kujyayo bakazihinga nk’ingurane. Bamwe muri bo ni abo mu Karere ka Kayonza na ...
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi yavuze ko intego y’ishoramari ari uko ibirivamo bituma imibereho y’abaturage irushaho kuba myiza. Yabibwiye itangazamakuru nyuma yo gutangiza inama y...
Uhereye ku mupaka wa Kagitumba uri mu Murenge wa Matimba aho urugamba rwo kubohora u Rwanda rwatangiriye, ukagera ku buhinzi bw’ibigori bwaguye kandi bwuhira buri i Gabiro, ugakomereza ku nganda...
Imbangukiragutabara yari irimo umurwayi yageze ahitwa Rwabiharamba mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare ihura n’’umuvu w’amazi w’imvura iheramo. Abaturage batabaye bayikuramo n’abari bayiri...
Kuri uyu wa Mbere taliki 29, Nyakanga, 2024 mu Karere ka Nyagatare hatangijwe imirimo yo kubaka urugomero runini ruzakusanya kandi rugatunganya metero kibe miliyoni 55 z’amazi yo guha abatuye imirenge...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ubwo yafunguraga ku mugaragaro uruganda rukora ifu mu mata y’inka yavuze ko bikwiye ko umukamo uzamuka ukaba wagera cyangwa ukarenga litiro 40 ku munsi. Avuga ...









