Uyu musaza ufite ipeti rya Captain(Rtd) avuga ko ubuyobozi bw’Umurenge w’aho atuye yimwe ifumbire ngo abyaze umusaruro isambu yahawe na Perezida Kagame nyuma y’uko yari yamusabye ink...
Muri Mata, 2021 nibwo umusaza Epimaque Nyagashotsi wo mu Kagari ka Ndatemwa, Murenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo yatashye inzu yari yarasabye kugira ngo ayisaziremo kuko yabaga mu nzu itameze ne...
Umusaza Epimaque Nyagashotsi wo mu Karere ka Gatsibo wari warifuje ko yasaza akamirwa, ubu ari mu byishimo by’uko inka aherutse kugabirwa nyuma y’uko yari yayisabye Perezida Kagame ubu ikamwa. Mu nkur...
Umunyamakuru wa Taarifa uri mu mudugudu wa Gakunyu, Akagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kiziguro muri Gatsibo aho umusaza Epimaque Nyagashotsi agiye kwimukira avuga ko inzu yubakiwe bigaragara ko ikomey...
Inzu y’amasaziro n’inka byari byarifujwe n’umusaza Epimaque Nyagashotsi arabibona kuri uyu wa Gatandatu tariki 23, Mata, 2021. Abaturanyi be baraza kumuha umuganda wo gutunganya ahari bushyirwe ibikor...
Hashize Ibyumweru bibiri hatangiye kubakwa inzu y’amasaziro y’Umusaza Epimaque Nyagashotsi. Ni igikorwa cyatangijwe nyuma y’uko abwiye Taarifa ko agiye gusaza nabi kandi yaraharaniye ko u Rwanda ruboh...
Umusaza Nyagashotsi Epimaque yigeze kuba umurwanyi mu bitwaga Inyenzi ndetse ngo yafatanyije n’abarwanyaga Hitler mu Ntambara ya Kabiri y’Isi. Ubu afite imyaka 101. Uyu musaza atuye mu Mudugudu wa Kam...
Nta masaha menshi yashize Taarifa itangaje ko umusaza witwa Epimaque Nyagashotsi asaba Perezida Kagame kuzamuremera kuko ubuyobozi bw’ibanze bwamwimye inka bukavuga ko hari undi wamusimbujwe ku ...
Umusaza Nyagashotsi Epimaque yigeze kuba umurwanyi mu bitwaga Inyenzi ndetse ngo yafatanyije n’abarwanyaga Hitler mu Ntambara ya Kabiri y’Isi. Ubu afite imyaka 101. Ni umusaza muremure ufite nka meter...







