Si inzara iterwa n’amapfa cyangwa iterwa n’imyuzure yangiza imyaka ndetse n’indwara z’ibyorezo byugarije abantu gusa bitewe n’imihindagurikire y’ikirere, ahubwo iki kibazo kigera no ku nyubako zagizwe...
REMA yatangaje ko imirimo yo gutunganya ibishanga bitanu byo mu Mujyi wa Kigali bigahindurwa ahantu nyaburanga igiye gutangira muri Gashyantare, 2024. Ni ibikorwa byateguriwe ingengo y’imari ya miliyo...
Abagabo babiri baherutse kwiyemeza kuzaca agahigo kwambukiranya u Rwanda mo kabiri bagenda n’amaguru. Bifuzaga kuhakora urugendo rwihuse kurusha izindi k’uburyo rwazandikwa mu gitabo by’abaciye uduhig...


