Umugabo utamenyekanye amazina yuriye inzu ndende iri mu Mujyi wa Kigali ahitwa ku Nkundamahoro arasimbuke yikubita hasi arapfa. RadioTv 1 itangaza ko nta mazina y’uwo muntu aramenyekana ariko ngo Urwe...
Uwo mwana yitwa Gani Decklan Ngamije hakaba hari hashize amasaha 15 bamushakisha nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye ifoto ye atabarizwa. Amakuru avuga ko uyu mwana yabuze ubwo yari y...
Umugabo wari usanzwe ukoreshereza imodoka mu Mujyi wa Kigali aherutse kuyibwa n’umukanishi. Uwo mukanishi yayibiye Nyabugogo aza gufatirwa mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu yayikuyemo moteri n...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 27, Kamena, 2023, abaturage bazindutse babona umugabo umanitse mu mugozi ufashe ku kiraro gihuza Umurenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge n’uwa Gatsata ...
Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 muri imwe mu nzu ndende ziri Nyabugogo abantu 12 bahanutse ubwo basuhuza Perezida Kagame wari uhaciye ngo abasuhuze. Itangazo ryasohowe n’Ib...
Abatuye Akagari ka Kadaho Umurenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza bavuga ko bakoresha amasaha atanu bajya ku rwego rw’ubugenzacyaha bubegereye kugira ngo barugezeho ibirego. Umwe mu bagabo bakoresh...
Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr Murangira Thierry yavuze ko ibimenyetso bamaze kubona bihamya neza ko umunyamategeko Bukuru Ntwali yiyahuye, igisigaye kikaba ari ukumenya impamvu yabimute...
Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rumaze iminsi rwumva urubanza aho abana babiri bavugaga ko bashaka umunani mu mutungo wa nyakwigendera Gaspard Mirimo wari umukire. Nyuma yo kumva impaka z’urudaca, ur...







