Mu rwego rwo kubafasha kugera ku kazi kubera intera y’aho ibitaro biri n’aho batuye, Minisiteri y’ubuzima yemeraye abakora mu Bitaro bya Nyabikenke mu Karere ka Muhanga imodoka yo mu bwoko bwa Van. Ik...
Nyuma y’inkuru yavugaga ko umuyobozi w’ibitaro bya Nyabikenke mu Karere ka Muhanga ataboneka mu kazi kandi ntagire uwo asigira inshingano, ubu abashinzwe isuku muri ibi bitaro barataka ko bahembwa Fr...
Bamwe mu bakozi bo mu bitaro by’Akarere bya Nyabikenke babwiye itangazamakuru ko kuva Minisiteri y’ubuzima yohereza Dr Nkikabahizi Fulgence kubiyobora ataragera mu kazi ngo ahamare iminsi byibura imin...


