Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane inkangu yaguye ifunga umuhanda uhuza Muhanga, Ngororero na Nyabihu( ahitwa Mukamira) kandi ni umuhanda ukoreshwa n’abacuruzi bavana ibicuruzwa mu Rwanda babijyanye i Go...
Ku rubuga rwa Twitter rw’Akarere ka Nyabihu hari ifoto yerekana umwe mu basirikare ba RDF afite imbunda ku rutugu ari no gukingira umuturage. Ni ifoto yafashwe nyuma y’umuganda wari umaze gukorerwa m...
Nyuma yo kwikira indahiro z’abayobozi bari bamaze iminsi bashyizwe mu nshingano ku rwego rw’igihugu, Perezida Kagame yanenze Polisi y’u Rwanda n’abandi bayobozi bamenye ko hari inyamaswa yica amatungo...
Abaturage bo mu Turere twa Rutsiro, Ngororero, Nyabihu na Rubavu bavuga ko hari igikoko gituruka muri Pariki ya Gishwati-Mukura kica inyana zabo. Kugeza ubu kimaze kwica izirenga enye kandi inyinshi z...
Ni inkuru nziza ku banyeshuri biga gukora ururimi rukoreshwa na mudasobwa rukorwa mu buhanga bita coding biga muri Rwanda Coding Academy muri Nyabihu. Aba banyeshuri bagiye kuzajya bakorana n’abahanga...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki ya 11 Nzeri abapolisi bakorera mu Karere ka Nyabihu bafashe abantu babiri barimo uw’imyaka 21 n’undi ufite 34, bahetse ku igare udupfunyika 7493 t...
N’ubwo Nyabihu ari kamwe mu turere dufite abaturage bakennye kurusha abandi mu Rwanda ukurikije ubushakashatsi buherutse gutangazwa n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare( NISR), muri iki gihe kari ku...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano, bafashe abantu babiri mu itsinda ry’abantu umunani ryari ryikoreye magendu y’imyenda ya caguwa, ririmo abafite imihoro. Bafa...
Ibi bigaragarira ku musaruro ababyeyi bafite abana barererwa mu irerero rya Jenda mu Karere ka Nyabihu baha ikigo Nyabihu Tea Company kubera ko kibarerera abana bo bagiye kugisarurira icyayi. Igiteker...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe abantu batatu bafite ibilo 12.5 by’urumogi bagiye kurucuruza mu baturage, bahita bashyikirizwa Urwego rw’Ubugenzacyaha ngo bakorweho iperereza. Kuri uyu w...








