Nyuma yo guhabwa amakuru afatika, Polisi y’u Rwanda yafashe urumogi rungana n’ibilo 15 n’udupfunyika twarwo 2,494 mu bikorwa byakorewe mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Burera. Abagabo babiri barimo ...
Umugore witwa Jeannette Mukadisi wo mu Kagari ka Rega Umurenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu yasanze abantu bataremenyekana bashyize indabo ku idirishya ry’inzu ye. Yagenzuye asanga bamennye n’ikira...
Mu Murenge wa Kinyababa hari amakuru y’umugabo n’umugore we baraye batwawe n’amazi kugeza bakaba baburiwe irengero ubu ntibaraboneka. Umugabo yabonye umugore we arohamye, ajya kumurohora, ariko ...
Mu muhanda Mukamira-Karago ku Mudugudu wa Mwiyanike, Akagari ka Kadahenda mu Murenge wa Karago haherutse gufatirwa abantu babiri bahetse kuri moto udupfunyika 10,000 tw’urumogi. Urwo rumogi rwari rur...
Akarere ka Nyabihu hahoze ari aka mbere gafite abana bagwingiye. Icyakora ubu kishimira ko kavuye kuri uyu mwanya, ukaba warasigawe n’Akarere ka Ngororero. Ngororero ifite ijanisha ry’abana bagwingiye...
Umugenzuzi mu Rwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Bwana Modeste Mbabazi yabwiye bamwe mu baturage b’Akarere ka Nyabihu bari baje mu muhango wo gutangiza ‘ukwezi’ kwahariwe ibikorwa bya...
Hashize igihe gito abaturage bo mu Karere ka Nyabihu baregeye Urwego rw’Umuvunyi ko uruganda rutunganya ibireti rwabambuye ubutaka bwabo ku maherere kandi ari bwo bahingangaho ibirayi bakabona amaramu...
Mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu hari umuturage uvuga ko igice kimwe cy’inzu ye cyasenywe n’ibiza ubuyobozi bwanga kumufasha kuyisana kandi ari mu kiciro cya mbere cy’ubudehe. Ubuyobozi bwo bu...
Nyuma y’akazi kamaze hafi iminsi ine abantu bakura mu muhanda ibitaka byinshi byamanuwe n’inkangu iheruka kubera mu muhanda uhuza Muhanga, Ngororero, Nyabihu ugana Rubavu, ubu wasubiye kuba nyabagendw...
Ibikorwa byo gukura ibitaka byamanuwe n’inkangu yafunze umuhanda wa Muhanga-Ngororero- Nyabihu birakomeje. Icyakora abakozi bashoboye kuhakura ibitaka k’uburyo hari igihande kimwe cyawo cyabaye nyabag...









