Inzu z’abacururiza mu Mudugudu wa Mizingo, Akagari ka Rega, Umurenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu zafashwe n’inkongi. Ni inkongi yadutse hagati ya saa kumi n’ibyiri gice na saa moya. Umunyamabanga ...
Mu Mirenge ya Jenda na Karago mu Karere ka Nyabihu haravugwa urusimbi ruri gukenesha ingo. Abagore nibo bavugwaho gufata amafaranga yo guhahisha bakajya kuyasheta akaribwa. Kubera urwego bimaze kugera...
Umusore w’imyaka 24 y’amavuko wo mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu witwa Habanabakize Etienne yishwe n’inyama y’inka itogosheje yamiranye amerwe menshi ihera mu muhogo imuheza umwuka. Yageze m...
Ishuri ryigisha ikoranabuhanga mu Rwanda ryo mu Murenge wa Mukamira mu Karere ka Nyabihu rigiye kwagurwa, ryongererwe inyubako n’ibikoresho. Ni umushinga uzakorwa ku bufatanye n’Ikigo cy’Abanya Koreya...
Hari abaturage barema isoko ry’amatungo magufi rya Jaba mu Murenge wa Mukamira mu Karere ka Nyabihu bavuga ko iyo bazanye itungo ntirigurwe, barisorera icyo bise ‘ Umusoro w’itungo ryarase...
Uwo ni Hakizimana Innocent wigisha mu Karere ka Nyabihu. Yabwiye itangazamakuru ko nyuma yo gutangariza kuri X ko aziyamamariza kuba Umukuru w’u Rwanda mu matora ari mu Mpeshyi ya 2024, ubuyobozi bw’a...
Abaturage bo mu Murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote babwiye itangazamakuru ko umuyobozi w’aka Kagari aherutse gukubita umuturage bimuviramo urupfu. Amakuru avuga ko uwo muyobozi yakubise uriya mutu...
Bamwe mu batuye Akarere ka Nyabihu n’Akarere ka Gakenke batangaza ko iyangirika ry’ikiraro cyitwa ‘Ikiraro cya Ngoga’ ryatumye bagorwa no kwambuka umugezi wa Mukungwa bamwe bajye guhahirana n’abandi h...
Aba bayobozi bavuga ko batashimishijwe n’uburyo uwahoze ari Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba François Habitegeko yabijeje ko iyi Ntara izahaba telefone za “Smart Phones” binyuze mu buyobozi bw’Ak...
Abaturage bo mu Kagari ka Rega mu Murenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu bavuga ko bugarijwe n’ikidendezi kidasiba kwaguka kandi kibasenyera inzu, kikarengera n’imyaka bari bitezeho umusaruro. Urwego ...









