Abubaka urugomero rwa Nyabarongo II ruri kubakwa aho uru ruzi rukora ku Karere ka Rulindo babwiye abayobozi ba Minisiteri y’ibikorwaremezo ko kubera impumvu runaka kurwuzuza bizaba mu mwaka wa 2027 ah...
Kubera amazi menshi yuzuye mu muhanga uhuza Muhanga n’Akarere ka Ngororero, ishami rya Polisi rishinzwe umutekano mu muhanda ryanzuye ko uba ufunzwe. Abagana muri Ngororero baturutse i Kigali bagomba ...
Mu Karere ka Muhanga haravugwa inkuru y’umugabo witwa Jean Pierre Ndababonye washinjwaga 'kuroha nkana' abana 13 muri Nyabarongo hakarokoka batatu wakatiwe igihano cy’igifungo cy’umwaka umwe...
Niyomukiza Eric na Niyomugabo Claude bigaga mu Mashuri abanza yo ku Murenge wa Kinihira barohamye mu Mugezi wa Nyabarongo barapfa. bahasiga ubuzima. Eric yari afite imyaka 11 y’amavuko n’aho Niyomu...
Bamwe mu batuye Umurenge wa Rugarika mu Karere ka Kamonyi aho kagabanira n’Akarere ka Nyarugenge bari gutabaza ubuyobozi ngo bubakize ingona zibicira abantu. Babwiye TV1 ko hari abantu benshi bajya ku...
Ibyishimo ni byinshi ku baturage b’Umurenge wa Ruli muri Gakenke n’uwa Rongi muri Muhanga nyuma y’uko ikiraro cyambuka Nyabarongo giciye mu kirere cyuzuye. Kizabafasha guhahirana, kwivuza no gushyikir...
Mu Murenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga hatoraguwe imirambo ibiri y’abana yarerembaga mu ruzi rwa Nyabarongo. Kuri uyu wa Mbere taliki 19, Ukuboza, 2022 nibwo iriya mirambo yatoraguwe. Prisca Mu...
Niba ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubwikorezi kidatabaye ngo gisane vuba na bwangu igice kimwe cy’ikiraro cya Nyabarongo cyahengamiye uruhande rumwe, gishobora gusenyuka mu buryo bukomeye! Nicyo kiraro ...
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru bwemeje ko ubwato bw’ibiti budafite moteri butemerewe kwambutsa abantu mu ruzi rwa Nyabarongo. Ni icyemezo gifashwe nyuma y’impanuka y’ubwato buheruka...








