Dr. Corneille Ntihabose wo muri Minisiteri y’ubuzima avuga ko muri iki gihe hari 5% by’amavuriro y’ibanze, postes de santé, zidakora [neza] kubera impamvu zitandukanye. Ndetse ngo muri rusange icyizer...
Leta y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko hari kwigwa uko ibintu byahuzwa k’uburyo gahunda z’igihe kirekire zahabwaga abarwayi bagomba kubarwa zagabanyirizwa igihe. Abarwayi bar...
Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko yabyariye mu bitaro bya Ruhengeri abyara neza n’ubwo yari asanzwe yaranduye COVID-19. Ni inkuru nziza ku muryango we, kuri we no ku baganga bamuvuye. Ibitaro bya Ruhenge...


