RIB yemeje ko yataye muri yombi Ntazinda Erasme wayoboraga Akarere ka Nyanza nyuma yo kweguzwa n’Inama idasanzwe ya Njyanama yateranye kuri uyu wa Kabiri tariki 15, Mata, 2025. Bivugwa ko yazize kuna...
Nyuma yo kubitswa amafaranga n’abaturage agakoramo akagira ayo yiguriza, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyabinyenga mu Murenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza yatawe muri yombi kugira ng...
Uvugwa muri iyi nkuru ni uwari usnazwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Rurangazi, Umurenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyanza wavugwaga kurya amafaranga abaturage bamuhaye nka mutuelle. Y...
Mu Cyumweru gishize hari abanyeshuri umunani bigaga kuri Sainte Trinité Nyanza T.S.S birukanywe burundu nyuma yo kwigaragambya bavuga ko ishuri rifite ameza macye yo kuriraho. Bigaragambyaga bamaga...
Bamwe mu Banyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge y’Akarere ka Nyanza bahinduriwe imirenge bayoboraga binyuze mu mavugurua yakozwe n’ubuyobozi bw’aka Karere. Abaye nyuma y’igihe hari umwuka mubi muri b...
Umugore w’i Nyanza wabyaye abana batatu basanga abandi batatu yari afite none arasaba ubufasha abagiraneza n’ubuyobozi ngo ashobore kubitaho. Claudine Nikuzimana wabyaye impanga eshatu z’abahung...
Umubyeyi w’abana batatu wagizwe umupfakazi n’abantu batemye umugabo we agiye kurangura inka bikamuviramo urupfu yifuza ko abakurikiranyweho iki cyaha bazaburanishirizwa mu gace atuyemo kugira ngo we ...






