Mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Ntarama hateraniye abanyamuryango ba GAERG baturutse mu miryango yayo itandukanye baganira aho bageze biyubaka ndetse n’uruhare bagira mu kwimamaka imibanire myiza....
Sophia Tchatchoua uyobora Canal + Rwanda yaraye avugiye ku rwibutso rwa Ntarama mu Karere ka Bugesera ko kuzirikana amateka bifasha mu kwirinda ibibi byayakorewe. Hari mu ijambo yavugiye kuri ruriya r...
Video:Ubuzima bw’abakobwa 20 bazavamo Miss Rwanda mu Mwiherero bakorera mu Bugesera buba bwihariye. Mu gitondo bazinduka bagorora ingingo, bakabikora babiyobowemo n’umutoza w’umusore. Ab’uyu mwaka bar...
Ahitwa ku Karumuna mu murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera hari abaturage bataka ko umwotsi uva mu ruganda rukora impu wivanga n’umunuko uruvamo bikabahumanya. Uruganda rutunganya impu rwitwa Kiga...



