Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo habereye impanuka ikomeye yakozwe na Gari ya Moshi ihitana abantu kugeza ubu babarirwa muri 60. Iyi mpanuka yabereye ahitwa Lubudi mu gace ka Lualaba. Byaraye b...
Ibyahoze bifatwa nk’aho ari ugukungata kw’u Burusiya byagaragaye ko u Burusiya bwa Vladmin Putin butivuguruza. Kuva aho Perezida w’u Burusiya Vladmir Putin ahereye ingabo ze amabwiriza yo kwinjira mu ...
Imibare yasohowe n’Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe guhuza ibikorwa by’ubutabazi n’abagira neza hirya no hino ku isi byatangaje ko abagiraneza 10 biciwe muri DRC umwaka ushize, 19 barakomereka...


