Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana asaba Abanyarwanda kugira ibyo bagabanya mu biribwa, ibinyobwa ndetse no mu myitwarire kugira ngo barusheho kugira ubuzima bwiza. Guverinoma y’u Rwanda yari ...
Dr.Sabin Nsanzimana uyobora Minisiteri y’ubuzima n’itsinda ayoboye bari muri Cuba mu biganiro na bagenzi babo bo muri Minisiteri y’ubuzima ngo barebe uko hatangizwa imikoranire. Iyi mikoranire izaba i...
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwanzuye ko iburanisha ry’urubanza Ubushinjacyaha burengamo Nsabimana Jean uzwi nka Dubai, Rwamurangwa Stephen, Mberabahizi Raymond Chrétien, Nyirabihogo Jeanne d’...
Mu rwego rwo kubafasha kugera ku kazi kubera intera y’aho ibitaro biri n’aho batuye, Minisiteri y’ubuzima yemeraye abakora mu Bitaro bya Nyabikenke mu Karere ka Muhanga imodoka yo mu bwoko bwa Van. Ik...
Minisiteri y’ubuzima yaraye ihagarariye igikorwa cyo kwegurura Ibitaro bya Kibagabaga ikigo gishamikiye ku idini ry’Abadivantisiti kitwa Integrative Healthcare Rwanda (IHCR) kugira ngo kicyagure kand...
Abaganga babyaza bakanavura indwara zibasira imyanya ndangagitsina z’abagore bavuga ko imibare y’abagore bagwa ku kiriri igihangayikishije. Babivugiye mu nama ngarukamwaka y’iminsi ibiri yategu...
Mu rwego rwo guha ababigana serivisi z’ubuvuzi zigezweho, mu bitaro bya Butaro hatashywe inyubako nshya zirimo ibikoresho bishya. Ibi bitaro bifite umwihariko wo gusuzuma no kuvura za cancers zitanduk...
Kaminuza y’ubuzima rusange ya Butaro, University of Global Health Equity-Butaro Campus yaraye ihaye impamyabumenyi abanyeshuri 46 baturutse mu bihugu 13 byo hirya no hino ku isi. Byari mu muhango wabe...
Didas Ntakarutimana ni umwe mu bajyanama b’ubuzima bakorera i Nyange mu Karere ka Ngoma. Yabwiye itangazamakuru ko we na bagenzi muri rusange bagira ikibazo cyo kutabona imbangukiragutabara vuba bityo...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko uburyo bwiza bwo kutagirwaho ingaruka n’inzoga ari ukutanywa na nkeya. Yabivugiye mu gikorwa cyo kurangiza ukwezi inzego z’ubuzima na Polisi y’u Rwan...









