Muri raporo yayo ya buri mugoroba, Minisiteri y’ubuzima yaraye itangaje ko hari abandi bantu batatu baraye bakize icyorezo Marburg cyugarije Abanyarwanda. Abo batatu baje biyongera ku bandi batanu bak...
Minisiteri y’ubuzima ikunze kubwira abaturage ko kimwe mu byugarije ubuzima bw’abatuye imijyi y’u Rwanda ari uko badakora imyitozo ihagije bigatuma ibyago by’uko barwara indwara zitandura byiyongera. ...
Sabin Nsanzimana uyobora Minisiteri y’ubuzima avuga ko u Rwanda rwaraye rwakiriye inkingo za mbere za Marburg ziri butangire guhabwa abaganga kuri iki Cyumweru. Ni inkingo zigeze mu Rwanda nyuma y’imi...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko abaturage badakwiye gukuka umutima kubera icyorezo cya Marburg kuko cyo kitandurira mu mwuka nk’uko byagenze kuri COVID-19. Avuga ko iyi ndwara ku ru...
Kubera indwara ya Marburg iherutse gutangazwa ko yageze mu Rwanda, ikaba imaze no guhitana abantu batandatu, Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda yasabye abakozi bayo gukorera mu rugo. N...
Minisiteri y’ubuzima kuri uyu wa Kane taliki 19, Nzeri 2024, yatangaje ko Abanyarwanda bagiye gutangira guhabwa urukingo rw’ubushita bw’inkende mu rwego rwo gukumira ubushita bw’inkende. Mu karere u R...
Mu kiganiro Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana aherutse guha ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA, yavuze ko imibare bafite yerekana ko abakora uburaya n’abaguzi babo ari bo bugarijwe no kwa...
Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’ubuzima yakiriye ibikoresho mu buvuzi bw’umutima bifite agaciro ka miliyoni 3.3$. Bizifashishwa mu kigo cya “My Heart Centre” kiri kubakwa mu Cyanya cy’...
Sabin Nsanzimana uyobora Minisiteri y’ubuzima yabwiye abaje mu mu muhango wo guha impamyabumenyi abarangije muri Kaminuza yigisha ubuvuzi n’ubuzima bidaheza ko u Rwanda rukomeje intego yo kongera irem...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko umuhati wo kurandura malaria mu Rwanda ukomwa mu nkokora n’uko hari imibu iva hakurya mu bihugu bituriye u Rwanda ikanduza abaturage. Yabivugiye mu ...









