Dr. Nsanzimana Sabin uyobora Minisiteri y’ubuzima yafunguye uruganda rukora inshinge zo kwa muganga, rwuzuye mu Karere ka Rwamagana, rukazabanza kujya rukora izigera kuri miliyoni ku munsi ariko zik...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko umuhati u Rwanda rushyira mu kuvura indwara zitandukanye ari nawo rushyira mu kuzamura umubare w’abaganga babaga. Nsanzimana yabivugiye imbere ya Min...
Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko ku munsi Abanyarwanda hafi icyenda bandura SIDA, n’aho barindwi ikibahitana. Abo barindwi bicwa na SIDA baza biyongera ku bantu bapfa ...
Nk’uko isanzwe ibigenza mu kumenyesha abantu uko Marburg ihagaze, Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu Rwanda nta muntu ukiyirwaye. Isaba Abanyarwanda kutirara ngo batezuke ku ngamba zo kwirinda iyi n...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko uducurama twazanye Marburg mu Rwanda twabanje kwanduza umugabo wakoraga mu kirombe cy’amabuye y’agaciro mu gace gaturanye n’Umujyi wa Kigali. Sabin Nsanzimana ushinzwe Mi...
Mu Murenge wa Nyarugenge ahateganye na BRD hatashywe Ikigo Nyafurika cy’imiti, Africa Medicines Agency, AMA. U Rwanda nirwo rwatsindiye iki cyicaro nyuma yo guhigika ibihugu icyenda byagishakaga. Mini...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana asaba Abanyarwanda gukomeza ingamba zo kwirinda Marburg, akababwira ko badakwiye gusagarira uducurama bitewe n’uko ari two byagaragaye ko twazanye kiriya cy...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’ubuzima Dr. Yvan Butera avuga ko kuba iminsi ibaye itatu nta muntu Marburg ihitanye, ari ikimenyetso ko bidatinze izaba yacitse mu gihugu. Butera avuga ko...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko u Rwanda rutaramenya amakuru mpamo y’aho icyorezo Marburg cyateye gituruka. Yabigarutseho mu kiganiro cya gatatu ahaye itangazamakuru nyuma y’uko iyi...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku buzima, RBC, cyaraye gitangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 07, Ukwakira, hari izindi nkingo 700 zaraye zigeze mu Rwanda. Ku Cyumweru Minisitiri w’ubuzim...









