Uwo ni Elie Habimana wasimbuye Pascal Murasira wari usanzwe uyobora iki kigo abantu bifashisha mu guhanga imishinga itandukanye yiganjemo iy’ikoranabuhanga. Ubuyobozi bwa Norrsken bwatangaje ko Elie H...
Ubwo yatahaga ku mugaragaro ikigo Norresken Kigali House kiri rwagati mu Mujyi wa Kigali, Perezida Kagame yavuze ko abashoramari mpuzamahanga badakwiye kumva ko hari aho bakwiye gushora gusa ahandi, h...

