Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Rutikanga Boniface avuga ko iyo ugereranyije uko abantu bitwaye mu mpera za 2024 no mu ntangiriro za 2025, ubona ko umutekano wabaye mwiza ugereranyije n’uko byagenz...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko kuri Noheli hirya no hino mu Rwanda havutse abana 887 kandi abenshi muri bo ni abakobwa kuko ari 467 mu gihe abahungu ari 420. Imibare y’abo bana yakusanyijwe ivuye mu bi...
Madamu Jeannette Kagame yageneye Abanyarwanda ubutumwa bwo kubibutsa ko nta kiryoha nk’umuryango utekanye kandi urangwa n’urukundo. Ubutumwa bwe bwaciye kuri X ya Imbuto Foundation, bwibanda cyane ku...
Abaturage ba Syria batari Abisilamu bababajwe kandi barakazwa n’uko abantu bambaye ibapfuka amaso batwitse igiti cya Noheli cyari cyamanitswe n’abayizihiza. Imidugagararo yatumye abantu ba...
Ikigo cy’igihugu cy’iterambere cyatangaje ko, mu rwego rwo gufasha Abaturarwanda kwizihiza iminsi mikuru irangiza n’itangira umwaka, ahabera imyidagaduro harimo amahoteli, utubari, ...
Polisi itangaza ko muri rusange umutekano wagenze neza kuri Noheli. Icyakora ngo hari impanuka ebyiri zitagize uwo zihitana. No ku italiki ya 24, Ukuboza 2023, nta mpanuka nyinshi zabaye uretse ebyi...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko ari ngombwa ko buri Munyarwanda agomba kuzirikana ko mu gihe cy’iminsi mikuru kwirinda ibyaha biba ari umwanzuro mwiza. Bisanzwe bimenyerewe ko mu mi...
Abaturage bavuga ko n’ubwo hari bube Noheli ariko uyu mwaka watumye ntawishimisha nk’uko byari bisanzwe bityo ko na Noheli idashamaje. Abatuvugishije barimo abacuruzi mu nzego zitandukanye kandi abens...







