Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwatangaje ko mu myaka itanu iri imbere buzaha ingo 24,000 amashanyarazi kugira ngo ziteze imbere. Ni amakuru Meya w’aka Karere Christophe Nkusi yahaye bagenzi bacu b...
Uhagaraririye itsinda ry’iterambere n’imari muri Sena y’u Rwanda Senateri Nkusi Juvénal avuga ko hari Koperative mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga igiye kurunduka. Asaba ubuyobozi bwa RCA n’ubw...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe intwari, impeta n’imidali by’ishimwe kivuga kigiye gutangiza ubukangurambaga bwo kwibutsa Abanyarwanda ibiranga ubutwari. Hazibandwa ku rubyiruko kugira ng...
Abasenateri bagize Komisiyo y’iterambere ry’Imari n’Ubukungu muri Sena y’u Rwanda babajije ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe isuku n’isukura, WASAC, impamvu hari ingano nini y’amazi gitunganya ipfa ubusa, ...
Umuvugizi w’ubushinjacyaha Faustin Nkusi avuga ko mu bantu 1,148 u Rwanda rwashyiriyeho impapuro mpuzamahanga ngo bafatwe kubera uruhare bakekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi, 30 ari bo gusa rwohe...
Umuyobozi w’Akarere ka Ngororero Bwana Christophe Nkusi yagiye imbere hafi ya Alitari aho Padiri wa Paruwasi ya Rususa yasomeraga Misa yibutsa abaturage ibyiza byo kurya indyo yuzuye. Hari mu Misa ya ...
Sam Gisèle Umugwaneza avuga ko muri 2018 yagiye gusura umupolisi w’umugore aho yabaga kuri Station ya Gasaka muri Nyamagabe aza gukubitwa n’abapolisi babiri bafite ipeti rya Corporal bamuziza ko yinji...
Uwase Hirwa Honorine amaze imyaka itatu gusa amenyekanye mu ruhando rw’ibyamamare. Ikimero cye nicyo cyamukoreye umuti nk’uko ab’ubu babivuga, aba abaye Miss Gisabo kubera uko uko ateye. Yishongoye ku...







