Hashingiwe ku bikubiye mu masezerano yaraye asinywe hagati y’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, Ikigo gifasha abahinzi kitwa One Acre-Fund Tubura n’Ihuri...
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore yatangaje ko amafaranga Guverinoma yashyiraga mu bikorwa byo gutwara abantu mu gihugu mu rwego rwa ‘Nkunganire’ yavanyweho. Ni icyemezo cyari ...
Rwiyemezamirimo uyobora Ikigo kitwa Nezeza Farms Ltd witwa Emmanuel Ufitingabire avuga ko hari imikorere ikwiye konoga muri bimwe mu bigo by’imari kuko hari ubwo rwiyemezamirimo yaka inguzanyo isanzwe...
Bashingiye ku mwanzuro wo mu yindi yafashwe mu Nama y’igihugu y’Umushyikirano ya 18 yabaye mu mwaka wa 2023, abahinzi bashima ko hashyizwe umuhati mu kuzamura umusaruro, bikagaragarira no ku musaruro ...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasanze ari ngombwa ko ubworozi bw’amafi bushyirwa mu bwishingizi kugira ngo bwongerwemo ishoramari bityo ibiyaga by’u Rwanda bibyazwe ‘umusaruro ukwiye.’ Aborozi b’am...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, gifite abakozi b’abahanga mu bintu byinshi ariko ku rundi ruhande uwareba ibyo gikora yakwibaza impamvu imishinga ikomeye y’igihugu i...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, mu minsi ibiri imaze gufata ibilo 550 by’ifumbire Leta igenera abahinzi muri gahunda ya Nkunganire, yari igiye ku...






