Ubwo yaburanaga ku bujurire ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo, umunyamakuru wigenga Jean Paul Nkundineza yavuze ko ibyo yavuze kuri Miss Jolly Mutesi bikamuviramo ibyaha byatumye ubu ari mu rukiko ...
Umunyamakuru wigenga Nkundineza Jean Paul ukurikiranyweho gutukana mu ruhame, guhohotera uwatanze amakuru ku byaha no gutangaza amakuru y’ibihuha yitabye urukiko mu bujurire ku ifunga n’if...
Ubushinjacyaha bwatangaje ko dosiye iregwamo Umunyamakuru wigenga, Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul ukurikiranyweho gutukana mu ruhame,guhohotera uwatanze amakuru ku byaha, guhoresha ibikangisho n’ic...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwatumije abayobozi ba Televiziyo ebyiri zikorera kuri murandasi ari zo Jalas TV na 3D TV kugira ngo babazwe ku byo bakurikiranyweho by’ubufatanyacyaha mu byaha bire...
RIB yatangarije ku rukuta rwayo rwa X ko yaraye ifunze umunyamakuru wigenga ( freelancer) Jean Paul Nkundineza imukurikiranyeho ibyaha birimo gutakana mu ruhame, guhohotera uwatanze amakuru ku byaha n...
Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B. Murangira yabwiye Taarifa ko uru rwego rwatumije umunyamakuru Jean Paul Nkundineza ngo agire ibyo arusobanurira. Yirinze kuvuga impa...





