Raporo yakozwe n’inzego za Leta zirimo n’iz’ubugenzacyaha yagaragaje ko Minisiteri y’ubuhinzi yahaye uturere ifumbire kugira ngo tuyihe abahinzi kandi dukurikirane uko izashyurwa. Iyaburiwe irengero ...
Ni umwanzuro wari utegerejwe na benshi ariko cyane cyane Alfred Nkubiri , abo mu muryango we n’abamwunganira. Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwasomye ko ruriya rubanza rukomeza kuburanishirizwa aho rwa...
Saa munani z’amanywa(2h00pm) nibwo Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rutangaza niba rwasanze ubusabe bw’ubwunganizi bw’uko rudafite ubushobozi bwo kuburanisha urubanza Alfred Nkubiri aregwamo uruhare mu ...
Kuri uyu wa Gatanu Taliki 11, Ukuboza, 2020 nibwo mu Rukiko risumbuye rwa Gasabo hari kubera urubanza ruregwamo Alfred Nkubiri ukurikiranyweho ibyaha bifite aho bihuriye no kunyerezwa kw’ifumbire ya...
Ikibazo cy’irigiswa ry’ifumbire n’amafaranga yayigenzeho mu turere twinshi tw’u Rwanda cyatangiye muri 2007. Kuva icyo gihe kugeza ubu abantu bafunzwe ni ba rwiyemezamirimo ariko nta mukozi mu kigo ru...




