Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, butangaza ko 4.5% by’amadosiye y’abo rukurikiranyeho ibyaha byakozwe hagati y’umwaka wa 2018 kugeza mu mwaka wa 2021 bagishakishwa. Hagati aho 61,3% by’abantu ...
Alfred Nkubiri wari ugiye kumara umwaka afunzwe yafunguwe. Nkubiri yaregwaga ibyaha birimo guhimba, guhindura inyandiko cyangwa gukoresha inyandiko mpimbano, guhisha ibintu byakoreshejwe cyangwa byage...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 19, Gicurasi, 2021 nibwo Inteko y’abacamanza bane baburanishije urubanza rw’umunyemari Alfred Nkubiri yari burusome. Rwasubitswe kubera impamvu z’uko umwanditsi warwo yitabir...
Mu iburanisha riheruka ndetse ryabaye irya nyuma mbere y’uko urubanza rusomwa, Me Gahongayire Mariam waburanaga indishyi avuga ko umucuruzi Alfred Nkubiri agomba guha Minisiteri y’ubuhinzi, yaranzwe n...
Mu iburanisha ryabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 20, Mata, 2021 hagati y’ubushinjacyaha na Bwana Alfred Nkubiri burega gukoresha inyandiko mpimbano, ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rwisumbuye rwa Gasab...
Mu masaha y’igicamunsi kuri uyu wa Gatatu nibwo Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rufashe umwanzuro w’uko urubanza Bwana Alfred Nkubiri aregwamo ibyaha birimo inyandiko mpimbano ruzakomeza tariki 20, Mata...
Urubanza Ubushinjacyaha buregamo umunyemari Alfred Nkubiri, kuri uyu wa Kabiri rwatinze gutangira ku mpamvu zaje kumenyekana ko ari uko abacamanza bagiye kwikingiza COVID-19. Umunyamakuru wa Taarifa y...
Urubanza Nkubiri Alfred aregwamo rwaburanishirijwe mu cyumba cy’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo. Rwatangiye rutinze ariko aho rutangiriye habanza kumvwa ubwunganizi bwa Nyiramahoro Theopista. &nb...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 30, Ukuboza, 2020 nibwo hari bube urubanza ruregwamo umunyemari Alfred Nkubiri ukurikiranyweho ibyaha birimo kunyereza ifumbire . Urubanza rwe rwari ruteganyijwe gutangira s...
Hari ba rwiyemezamirimo n’abantu ku giti cyabo MINAGRI ivuga ko banyereje ifumbire bagera kuri 19. Bose uko bakabaye barimo Leta umwenda wa Frw 9.016.018.268. Ikigo cya Itegeri Dieudonné kitwa SOPAV ...









