Mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Nyamagabe haravugwa nkongwa yibasiye ibinyampeke birimo ibigori n’amasaka. Aba baturage batakambiye itangazamakuru ko niba ntacyo RAB ikoze ngo ibatabare bashobora ...
Kuri X, Dr Patrick Karangwa yatangaje ko mu mirima imwe n’imwe mu Rwanda hari kugaragara icyonnyi bita Nkongwa IDASANZWE. Ni icyonnyi gifife ubushobozi bwo kona imyaka kikayitsemba 100%. Mu butumwa bw...

